Tuesday, 29 May 2012

Utuzi twa Dan Munyuza tumaze Abadivantisiti 205 bo muri Nyamagabe.

Inkuru dukesha igitondo.com Iratumenyesha ko abayoboke bitorero ry'Abadivantisiti (bakomoka Nyamagabe)basaga 205 bamerewe nabi mubitaro ubwo bahabwanga ifunguro, mu cyumweru gishize. Ibi rero sibitangaza kuko nkuko inkuru nyishi zibivuga, utuzi twa Dan Munyuza ukuriye urwego rwa maneko mu Rwanda ashobora kuba yarageregeje gupima capacity yabwo, akoresheje izo nzira karengane.

Amafoto yabamwe muba hawe utwo tuzi.

Buri muturange wese akaba asabwe kurya ari mejye. Namwe ni mwisomere iyo nkuru hano hasi.http://igitondo.com/spip.php?article3273

rncnewsonline

No comments:

Post a Comment

“AGAPFA KABURIWE N’IMPONGO”. URUBYUKO RWU RWANDA AGATSIKO KA KAGAME KARUMARIYE MURI CONGO

Taliki ya 12 Nyakanga 2026 (Mwijoro ryashize) nibwo twakurikiranye ikiganiro live cyabereye kuri youtube channel ya MAJOR ROBERT TV.  Muri i...